Ntibisanzwe bimenyerewe ko Jay-Z agaragaza cyane imyifatire ihishura bisesuye urukundo rwe na Beyonce mu ruhame, ariko noneho yahisemo gutangira kujya abyerekana amusoma mu ruhame.
Ibi Jay-Z yabikoreye kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kamena, i London mu Bwongereza, ubwo Beyonce yaririmbaga nuko akamusomera imbere y’abantu.
Iibi byatunguye benshi nk’uko urubuga Dailymail dukesha iyi nkuru rwabyanditse.



















TANGA IGITEKEREZO