00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Burundi:Hasojwe kujonjora abahanzi bahagararira Intara muri Primusic; 46 bageze muri ¼

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 20 August 2013 saa 01:20
Yasuwe :

Irushanwa rya Primusic ribera mu Burundi rirarushaho kuryoha; ubu buri Ntaya yagize abayiserukira.
Bose hamwe, abahanzi batowe ngo baserukire Intara zabo uko ari 17 ni 46.
Biteganijwe ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama hazaba andi majonjora aho hazatangazwa abazakomeza muri ½ kizaba ku itariki ya 1 Nzeri.
Ku itariki ya 14 Nzeri nibwo hazatangazwa umuhanzi uzaba wahize abandi, uzegukana akayabo ka miliyoni 10 z’Amarundi (ni ukuvuga angana na Rwf4,800,000).
Uzaba uwa kabiri (…)

Irushanwa rya Primusic ribera mu Burundi rirarushaho kuryoha; ubu buri Ntaya yagize abayiserukira.

Bose hamwe, abahanzi batowe ngo baserukire Intara zabo uko ari 17 ni 46.

Ikarita igaragaza Intara zose z'u Burundi ahari kubera amarushanwa ya Primus

Biteganijwe ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama hazaba andi majonjora aho hazatangazwa abazakomeza muri ½ kizaba ku itariki ya 1 Nzeri.

Ku itariki ya 14 Nzeri nibwo hazatangazwa umuhanzi uzaba wahize abandi, uzegukana akayabo ka miliyoni 10 z’Amarundi (ni ukuvuga angana na Rwf4,800,000).

Uzaba uwa kabiri azahembwa miliyoni 5 z’Amarundi, uwa gatatu ahembwe miliyoni 2 z’Amarundi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages