Nyuma yo kwibagisha amabere, bitewe n’indwara ya Kanseri, umukinnyi w’amafilimi Angelina Jolie, agiye gukina muri Filimi ya mbere “UnBroken” mu birwa bya Hawai.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko bitewe n’ubwoba yagize bwo kuba yarwara Kanseri y’amabere n’inkondo y’umura bigatuma yibagisha, Angelina Jolie yongeye kugaragara i Hawai afite ibikubara bidasanzwe byo kwongera kugaragara muri Filimi.
Ni nyuma y’ikiruhuko kitari gito yari amazemo iminsi, nyuma yo kubagwa, ndetse akaba yagaragaye kuba yiteguye kugaruka muri Sinema.



















TANGA IGITEKEREZO