00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Angelina Jolie agiye gukina Filimi ya mbere nyuma yo kwibagisha amabere

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 9 July 2013 saa 05:28
Yasuwe :

Nyuma yo kwibagisha amabere, bitewe n’indwara ya Kanseri, umukinnyi w’amafilimi Angelina Jolie, agiye gukina muri Filimi ya mbere “UnBroken” mu birwa bya Hawai.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko bitewe n’ubwoba yagize bwo kuba yarwara Kanseri y’amabere n’inkondo y’umura bigatuma yibagisha, Angelina Jolie yongeye kugaragara i Hawai afite ibikubara bidasanzwe byo kwongera kugaragara muri Filimi.
Ni nyuma y’ikiruhuko kitari gito yari amazemo iminsi, nyuma yo kubagwa, ndetse akaba yagaragaye (…)

Nyuma yo kwibagisha amabere, bitewe n’indwara ya Kanseri, umukinnyi w’amafilimi Angelina Jolie, agiye gukina muri Filimi ya mbere “UnBroken” mu birwa bya Hawai.

Urubuga 7sur7 rwanditse ko bitewe n’ubwoba yagize bwo kuba yarwara Kanseri y’amabere n’inkondo y’umura bigatuma yibagisha, Angelina Jolie yongeye kugaragara i Hawai afite ibikubara bidasanzwe byo kwongera kugaragara muri Filimi.

Ni nyuma y’ikiruhuko kitari gito yari amazemo iminsi, nyuma yo kubagwa, ndetse akaba yagaragaye kuba yiteguye kugaruka muri Sinema.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages