Mu giterane “Youth in Revival Times 2015” cyateguwe n’urusengero Healing Center Church rubarizwa i Remera hagaragaye ububyutse bukomeye cyane cyane ku rubyiruko nk’uko bamwe mu baganiriye na IGIHE babivuze.
Muri iki giterane harimo umuhanzi Dudu Theophile Ndizihiwe wo mu Burundi, Patient Bizimana n’abandi.
Harimo n’abavugabutumwa barimo umunyanijeria wahoze ari Ambasaderi w’icyo gihugu mu Bwongereza Bwana Toye Okanlawon, Dr Apostles Gitwaza na Dr.Musepa w’Umunyafurika y’Epfo n’abandi.
Gato Damien, umwe mubateguye kino gikorwa, yab wiye IGIHE ko uru rusengero rufite abakristo biganjemo urubyiruko.
mwe mu mafoto y’uko byari byifashe:



















TANGA IGITEKEREZO