Kuri uyu wa 1 Nzeri 2013, umuhanzi Aline Gahongayire yasabwe aranakobwa mu mihango y’ubukwe bwa Kinyarwanda bubanziriza ubukwe nyirizina bwo mu rusengero.
Gahongayire yashingiranywe n’uwitwa Gahima Gab nk’uko IGIHE twari twabibatangarije.
Imihango yo gusaba no gukwa yagaragayemo abahanzi Intore Masamba, Gaby Kamanzi, Christopher, Aimee Uwimana na Patient Bizimana n’abandi.
Biteganijwe ko Gahongayire azashyingirwa mu mezi make ari imbere.
Bivugwa ko Aline na Gahima bamaze igihe gito bakundana.
"Sinarota Nkuvaho", indirimbo nshya ya Gahongayire igiye kujya hanze mu mashusho:



















TANGA IGITEKEREZO