00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ray J arembeye mu bitaro

Yanditswe na Gilbert Ukwizagira
Kuya 27 May 2026 saa 02:38
Yasuwe :

Nyuma go gutsindwa na Supa Hot Fire mu mukino w’iteramakofe, umuraperi w’Umunyamerika, Ray J amaze iminsi arwariye mu bitaro kubera ikibazo cy’umutima we utari gukora nk’ibisanzwe.

Amakuru ava mu bantu be ba hafi avuga ko uyu muhanzi yijyanye mu bitaro by’i Las Vegas nyuma y’uko agize iki kibazo amaze gukina uyu mukino w’iteramakofe ku wa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2026.

Amaze iminsi ibiri muri ibi bitaro ndetse abaganga bari kumwitaho ngo bamenye neza ikibazo umutima we waba waragize. Umutima we utera buhoro ugereranyije n’ibisanzwe. Bari no kumukurikirana ngo barebe ko yaba yaragize ikibazo cyo kwangirika k’ubwonko.

Ray J arembeye mu bitaro

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages