Amakuru ava mu bantu be ba hafi avuga ko uyu muhanzi yijyanye mu bitaro by’i Las Vegas nyuma y’uko agize iki kibazo amaze gukina uyu mukino w’iteramakofe ku wa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2026.
Amaze iminsi ibiri muri ibi bitaro ndetse abaganga bari kumwitaho ngo bamenye neza ikibazo umutima we waba waragize. Umutima we utera buhoro ugereranyije n’ibisanzwe. Bari no kumukurikirana ngo barebe ko yaba yaragize ikibazo cyo kwangirika k’ubwonko.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!