00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Quelque Part yagaruye gahunda nshya y’ibitaramo

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 28 August 2013 saa 08:00
Yasuwe :

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2013, umuraperi Jay Polly azataramira abakunzi be muri Quelque Part Bar &Resto iherereye mu nyubako yo kwa Rubangura.
Iki gitaramo kizagaragaramo abahanzi Jay C na KIP, kirabimburira gahunda nshya y’ibitaramo na servise nziza Quelque Part Bar &Resto yazaniye abakiriya bayo.
Iki gitaramo kizatangira ku isaha ya saa Mbiri z’umugoroba (8pm).
Kwinjira ni ukwishyura amafaranga ibihumbi bibiri y’u Rwanda (2000Rwf) ugahabwa icyo kunywa ku (…)

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2013, umuraperi Jay Polly azataramira abakunzi be muri Quelque Part Bar &Resto iherereye mu nyubako yo kwa Rubangura.

Iki gitaramo kizagaragaramo abahanzi Jay C na KIP, kirabimburira gahunda nshya y’ibitaramo na servise nziza Quelque Part Bar &Resto yazaniye abakiriya bayo.

Jay Polly, umwe mu baraperi bnakunzwe cyane mu Rwanda azataramira muri Quelque Part Bar &Resto kuri uyu wa Gatanu

Iki gitaramo kizatangira ku isaha ya saa Mbiri z’umugoroba (8pm).

Kwinjira ni ukwishyura amafaranga ibihumbi bibiri y’u Rwanda (2000Rwf) ugahabwa icyo kunywa ku buntu.

Quelque Part Bar &Resto iherereye mu nyubako yo kwa Rubangura, umuryango wa 118.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages