00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Bwiza yahishuye inkomoko y’indirimbo ‘Maritha’ (Video)

Yanditswe na Nsengiyumva Emmy
Kuya 7 July 2025 saa 10:32
Yasuwe :

Bwiza uherutse gusohora indirimbo ye nshya yise ‘Maritha’ yahishuye ko igitekerezo cyayo yagikomoye kuri ‘Beretirida’ ya Miss Jojo, aho byigeze kuvugwa ko yamusabye ko bayisubiranamo ariko bikanga.

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE yagize ati "Igitekerezo cyayo nagikuye kuri Beretirida ya Miss Jojo, n’ubutumwa buyirimo bwenda gusa ni uko umwe ari Maritha undi akaba Beretirida ariko ubutumwa bwenda gusa.”

Mu 2023 Bwiza yahuye na Miss Jojo wari umaze imyaka irenga 10 ahagaritse umuziki, amakuru icyo gihe akaba yaravugaga ko bahujwe no kuganira uko bakorana indirimbo bahereye kuri ‘Beretirida’.

‘Maritha’ ni imwe mu ndirimbo zigize album ‘25 Shades’ Bwiza aherutse kumurikira mu Bubiligi.

Bwiza yemeje ko igitekerezo cy’indirimbo ye ‘Maritha’ yagikomoye kuri ‘Beretirida’ ya Miss Jojo
Bwiza aherutse kugaragara ari kumwe na Miss Jojo bikekwa ko baba bagiye gukorana indirimbo ndetse binavugwa ko bazasubiranamo 'Beretirida'

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages