Kuwa 19 na 20 Nyakanga 2014, i Kigali mu Rwanda habereye iserukiramuco rya muzika rizwi ku izina rya Kigali Up. Ni inshuro ya 4 iri serukiramuco riba. Muri iri serukiramuco hagaragayemo abahanzi benshi baba abakomoka mu Rwanda ndetse n’abakomoka hanze yarwo barangajwe imbere n’umunya-Senegal Didier AWADI uzwi mu njyana ya Hip Hop. Mu gihe ubwitabire bw’abantu bari bucye muri rusange, umubare munini w’abitabiriye iri serukiramuco ni abanyamahanga.
©Rudasingwa A. Christian


















TANGA IGITEKEREZO