Kuri ubu amasaha arabarirwa ku ntoki ngo abizera Yesu/Yezu bo mu mahanga n’impugu zinyuranye bizihize umunsi uyu Mwami yavukiyeho.
Umugoroba wo ku wa 24 Ukuboza 2022 ni wo usanga benshi mu bakirisitu n’abizera bateguramo ibitaramo bibinjira muri Noheli.
Mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko, amadini n’amatorero atandukanye yateguye imigoroba idasanzwe yinjiza abayoboke bayo mu bihe bya Noheli.
Ni ibitaramo bibanziriza umunsi nyirizina wizihizwaho isabukuru y’amavuko ya Yesu/Yezu.
IGIHE yatembereye mu nsengero zitandukanye ireba uko abakirisitu bizihije umunsi ubanziriza Noheli, kuva muri Kiliziya Gatolika, ADEPR, Zion Temple, River of Joy and Hope Ministries n’ahandi.
Noheli ikomoka ku ijambo ry’Igifaransa “Noël”, na ryo ryavuye mu Kilatini “Natalis” bivuze “umunsi w’amavuko/isabukuru y’amavuko”. Mu Cyongereza Noheli yitwa “Christmas”.
– Muri St Michel, abakirisitu bitabiriye Misa ibinjiza muri Noheli


























– Regina Pacis na ho habereye Misa





– Muri ADEPR Nyarugenge bataramye



















– Kwa Prophet Sultan i Nyamirambo bateranye ku bwinshi















– Apôtre Dr Gitwaza yayoboye isengesho ryinjiza abo muri Zion Temple muri Noheli



















Amafoto: Nezerwa Salomon
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!