Uyu mugabo ukomoka muri Sénégal, yashinjwe ko yakingiye ikibaba u Burusiya, nabwo bukamuha ruswa kugira ngo budafatirwa ibihano. Yahanishijwe igifungo cy’imyaka ine, irimo ibiri isubitswe no gutanga ihazabu ingana n’ibihumbi 455 by’ama-euro.
Abandi bahawe ibihano barimo umuhungu we Papa Massata Diack n’uwari ukuriye ishami rishinzwe kurwanya ikoreshwa ry’imiti yongera imbaraga, Gabriel Dolle.
Bose bahamijwe uruhare mu gukingira ikibaba abakinnyi 23 b’u Burusiya bakoresheje imiti yongera imbaraga mu gihe itemewe.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!