Muri izi mpera z’icyumweru tariki ya 12/5/2012 no ku cyumweru na tariki ya 13/5/2012, hazaba imikino mu byiciro bibiri aribyo abahungu n’abakobwa.
I. Abakobwa
Amakipe azakina Aho bazakinira Umunsi
Nyamagabe – Nyamasheke Nyamagabe Kuwa gatandatu
Huye – Ruhango Huye Ku cyumweru
Rubavu – izaba yatsinze hagati ya Karongi-Rutsiro Rubavu Kucyumweru
Musanze – Ngororero Musanze Kuwa gatandatu
Ngoma – Gatsibo Ngoma Kuwa gatandatu
Rwamagana–Gasabo Rwamagana Ku cyumweru
Kamonyi – Rulindo Gasabo Ku cyumweru
Bugesera – Gakenke Kicukiro Kuwa gatandatu
II. Abahungu
Amakipe azakina Aho bazakinira Umunsi
Nyamagabe – Rusizi Nyamagabe Kuwa gatandatu
Huye – Nyanza Huye Ku cyumweru
Rubavu – izaba yatsinze hagati ya Karongi-Rutsiro Rubavu Kucyumweru
Musanze – Nyabihu Musanze Kuwa gatandatu
Kirehe – Gatsibo Ngoma Kuwa gatandatu
Nyarugenge – Nyagatare Rwamagana Kuwa gatandatu
Gasabo – Rulindo Gasabo Ku cyumweru
Kicukiro – Muhanga Kicukiro Kuwa gatandatu
Iyi mikino yose ya Copa Coca-Cola ikazajya itangira saa yine.


















TANGA IGITEKEREZO