Songa Isaïe ni umwe mu bakinnyi bazwi mu Rwanda aho yakiniye amakipe arimo APR FC,
Rayon Sports, Police FC n’Ikipe y’Igihugu.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko uyu mukinnyi "yatawe muri yombi ku wa 8 Gicurasi 2024 akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibikangisho ku mugore babyaranye ariko batasezeranye imbere y’amategeko."
Yongeyeho ko dosiye y’uyu mukinnyi Songa Isaïe yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 13 Gicurasi 2024.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!