00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Uko twabitekereje ni ko byagenze: Haringingo nyuma yo kunganya na Panthère S. du Ndé (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 4 September 2026 saa 08:23
Yasuwe :

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yavuze ko yafashe icyemezo cyo gukinisha abakinnyi benshi basatira izamu kugira ngo bashake uko bishyura igitego bari batsinzwe mu gice cya mbere kigitangira kandi byatanze umusaruro.

Yabigarutseho nyuma y’umukino wa CAF Confederation Cup Rayon Sports yanganyijemo na Panthère Sportive du Ndé 1-1.

Ati “Mwabonye ko twahise dushyiramo Mubaraka, dukinisha abasatira izamu babiri dushyiramo Muhoza, umukinnyi ushobora gukina nk’uko Elie Tatou akina, mwabonye ko n’igitego cyamuturutseho …ni icyemezo gikomeye twafashe ariko cyatanze umusaruro, ntekereza ko uko twabitekereje ni ko byagenze.”


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages