00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ubwo Amavubi yanyagiraga Mauritius ibitego 5-0

Yanditswe na
Kuya 5 April 2016 saa 01:44
Yasuwe :

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (AMAVUBI) kuwa tariki 29 Werurwe yihimuye kuri Mauritius yari yayitsindiye iwayo mu mikino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika kizaba mu mwaka wa 2017 muri Gabon, maze itsinda ibitego bitanu ku busa.

Ibitego byatsinzwe na Savio Nshuti, Sugira Ernest (watsinze bibiri), Ombolenga Fitina na Mugiraneza Jean Baptiste (Migi).

Guhera saa sita imiryango ya Stade Amahoro yari ifunguye, kwinjira ari ubuntu
Amakipe yombi ubwo yinjiraga mu kibuga
Hari hagiye kurirmbwa indirimbo zubahiriza ibihugu byombi
Ikipe ya Mauritius mbere y'umukino
Amavubi mbere y'umukino
Ba Kapiteni b'amakipe yombi bifotozanya n'abasifuzi mbere y'uko umukino utangira
Abakinnyi b'Amavubi bagaragaje gusatira cyane
U Rwanda rumaze gutsinda igitego mu izamu rya Mauritius
Abafana b'Amavubi ku mukino na Mauritius
Abafana b'u Rwanda bishimira igitego
Haruna afite umupira imbere y'umukinnyi wa Mauritius
Hon Makuza Bernard (ibumoso), Gen James Kabarebe na Nzamwita Vincent de Gaule
Umuhanzi Jules Sentore (wambaye umupira w'umweru) na we yari yaje kwihera ijisho
Haruna asatira umukinnyi wa Mauritius
Ikibuga cya Stade Amahoro uhagaze muri koruneri
Umutoza w'Amavubi Jonathan McKinstry atanga amabwiriza ku bakinnyi
Umutoza wa Mauritius ntiyumvaga ibiri kumubaho
Migi ahatana n'umukinnyi wa Mauritius
Savio Nshuti asatira
Sugira Ernest na Fitina Ombolenga bishimira igitego
Urukweto rw'Umukinnyi w'Amavubi

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages