Abdiqani Said Arab watowe nk’Umunyafurika uyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru witwaye neza kurusha abandi mu mwaka wa 2015, yabwiye BBC ko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Somalia ritarwanya Al Shabaab kandi ko uyu mutwe nawo utayirwanya.
Uyu muyobozi yanakomeje avuga ko abakunzi ba Al Shabaab basanzwe bitabira imikino y’umupira w’amaguru akaba abona ko nta mpamvu uwo mutwe utakemererwa gukina nk’abandi bose.
Ku nshuro ya mbere, mu kwezi gushize nibwo televiziyo y’igihugu yerekanye umukino wa shampiyona.



















TANGA IGITEKEREZO