Yabaye umukinnyi wa munani iyi kipe yaguze nyuma ya Umutoni Raissa, Niyigena Fiona, Uwihirwe Josiane, Lukia Namubiru, Mukagatete Emelyne, Uwase Douja na Eyanga Guema Odette.
Gikundiro ikomeje kwitegura imikino CECAFA yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League, aho iri mu itsinda rya kabiri hamwe na CBE FC yo muri Ethiopia na Top Girls Academy FC yo mu Burundi.
Iyi mikino iteganyijwe hagati ya tariki ya 4 n’iya 16 Nzeri 2025 muri Kenya. Iy’umwaka ushize ntabwo Rayon Sports yarenze umutaru kuko yasezerewe rugikubita.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!