Uyu mukinnyi wari umaze imyaka itanu muri APR FC, yashyize umukono ku masezerano kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025.
Ndayishimiye wifuzwaga na Rayon Sports, azahanganira umwanya na Nsengiyumva Samuel iyi kipe yaguze imukuye muri Gorilla FC.
Yabaye umukinnyi wa gatanu, Police FC yaguze muri iyi mpeshyi nyuma ya Nsengiyumva Samuel, Iradukunda Moria, Gakwaya Leonard, Kwitonda Alain Bacca na Niyigena Abdoul yazamuye avuye muri Interforce FC.
Mbere yo kujya muri Ikipe y’Ingabo, Nzotanga yakiniye AS Muhanga yigaragarijemo cyane.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!