Uyu musore w’imyaka 27 yatanzweho akayabo ka miliyoni 10 Frw mu gihe azajya ahembwa miliyoni 1 Frw ku kwezi.
Kiyovu Sports yasinyishije Niyonzima Olivier ‘Seif’, wakiniraga AS Kigali, amasezerano y’umwaka umwe. pic.twitter.com/HYFIqYV6X4
— IGIHE Sports (@IGIHESports) July 24, 2023
‘Seif’ wifuzwaga na Rayon Sports bananiranywe ku mafaranga ndetse na Police FC bari bakiri mu biganiro mu gihe Kiyovu Sports yatanze menshi iramwegukana.
Niyonzima Olivier yatangiriye urugendo rwe rw’umupira w’amaguru mu ishuri rya Ruhago rya Isonga, akomereza muri Rayon Sports, APR FC ndetse na AS Kigali. Asanzwe anakinira Ikipe y’Igihugu Amavubi.
Amafoto: Ntare Julius



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!