Amakuru avuga ko uyu rutahizamu yagize ikibazo mu ivi ry’ibumoso.Umukino wo kwishyura uteganyijwe muri Tunisie ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022, saa kumi z’i Kigali.
Umukino ubanza wabereye i Huye, APR FC yatsinze US Monastir igitego kimwe ku busa cya Mugunga Yves.
APR FC ubwo iheruka gukinira muri Tunisia, tariki 23 Ukwakira 2021 yahatsindiwe ibitego bine ku busa na Espérance Sportif de Tunis.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!