Minisitiri Mushikiwabo yanditse kuri twitter ye amagambo agira ati “U Rwanda rwishimiye cyane intsinzi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ya CHAN 2016! Ndetse n’umukino mwiza!”
Irushanwa ry’Umupira w’amaguru rihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo muri Afurika, (CHAN) ryabereye mu Rwanda guhera tariki ya 16 Mutarama risozwa kuwa 07 Gashyantare 2016, rikaba ryaritabiriwe n’amakipe y’ibihugu 16.



















TANGA IGITEKEREZO