Ni mu gihe mu cyiciro cy’abagore amakipe ane agihatanira kugera ku mukino wa nyuma, aho The Hoops izikiranura na Kepler binganya intsinzi 2-2, APR WBBC ikikiranura na REG WBBC kuri na zo zinganya intsinzi 2-2.
Kimwe mu biri kugarukwaho muri iyi mikino ya kamarampaka, ni uko abakinnyi baseruka mbere yo gutangira imikino, aho buri umwe aba yitaye ku mwambaro agaragaramo igiye agiye gukina.
Tugiye kurebera hamwe uko bamwe mu bakinnyi b’amakipe umunani yitabiriye imikino ya kamarampaka ya Shampiyona y’u Rwanda mu bagore n’abagabo baba baserutse.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!