Iri rushanwa Nyafurika ryari riteganyijwe mu mpeshyi mu 2025 bityo rikaba ryimuriwe mu ntangiriro za 2026 kuko muri icyo gihe tariki 15 Kamena kugeza 13 Nyakanga 2025, hateganyijwe Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizakinwa mu buryo bushya bw’amakipe 32.
Muri iki Gikombe cya Afurika kizabera muri Maroc mu 2026 hazaba hashakwa ikipe isimbura Côte d’Ivoire ifite igiheruka yegukanye itsinze Nigeria ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!