Mu ibaruwa ndende, Fernandes yavuze ko ikipe ayobora yagize umwaka mubi w’imikino, dore ko itazakina irushanwa rya Champions League umwaka utaha, ahera aho abasaba imbabazi ndetse anagaruka ku rukundo akunda iyi kipe.
Kurikira ibikubiye muri iyi baruwa muri iki kiganiro.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!