Uyu mukinnyi w’imyaka 29 ukina nk’Umu-Point Guard yamaze kugera i Kigali ndetse yatangiye gukorana n’abandi imyitozo bitegura imikino ya Shampiyona.
Eliott yanyuze mu bihugu byinshi nk’iwabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kosovo, Lituanie, Georgie, Yemen na Libya.
Mu mikino ibiri ya Shampiyona imaze gukina, Patriots BBC yatsinze umwe wa Azomco BBC itsindwa uheruka na UGB.
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025 izakira Tigers BBC mu mukino ukomeye cyane saa 20:30 muri Lycée de Kigali.
Eliott Cole yakinaga muri Al Ittisalat yo mu Misiri
Elliot Cole ni Umu-Point-Guard witezweho gufasha Patriots BBC



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!