Iyi kipe ikomeje kwitegura Shampiyona iteganyijwe gutangira tariki ya 24 Mutarama 2025.
Julien Chaignot ni umwe mu batoza bafite ubunararibonye kuko yatoje Club Omnisport de La Police Nationale (COSPN) yo muri Madagascar yamazemo imyaka itandatu kuva mu 2017 kugeza mu 2023.
Mu 2024, uyu mugabo yerekeje muri Dynamo BBC y’i Burundi ndetse anayijyana mu mikino ya BAL.
Uyu mutoza yageze mu Rwanda ndetse yatangiye cyane ko amakipe armbanyije imyitozo.
Orion BBC izatangira shampiyona ikina na REG BBC, tariki ya 24 Mutarama 2025.


TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!