Iri rushanwa ryitabirwa n’amakipe 12 rigiye kuba ku nshuro ya gatatu, ryaherukaga mu 2023 ubwo ryaberaga muri Angola. Icyo gihe Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yegukanye umwanya ya gatatu.
Mu nshuro ziheruka kandi iri rushanwa ryegukanwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu 2019 na Maroc ifite igikombe giheruka.
U Rwanda rwegukanye umwanya wa gatatu muri AfroCan iheruka
Ikipe y'Igihugu isesekara i Kigali nyuma yo kwegukana umudali wa bwonze muri AfroCan 2023



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!