Ni bo batara amakuru, bakanayatangaza, akagera ku bayagenewe mu buryo bwuzuye. No muri Tour du Rwanda 2023 hari abagize uruhare mu gusakaza amakuru binyuze ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ibitangazamakuru bitandukanye.
Bakurikiranye umunsi ku wundi Tour du Rwanda yakinwe ku wa 19-26 Gashyantare 2023, yegukanywe n’Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan ukinira Green Project-Bardiani CSF-Faizanè yo mu Butaliyani.
Muri iyi nkuru tugiye kugaruka by’umwihariko ku banyamakuru barimo abandika, abakorera ibitangazamakuru birimo radio na televiziyo ndetse n’abafata amashusho n’amafoto bari kumwe n’ibigo bitandukanye byitabiriye Tour du Rwanda 2023.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!