00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kinigi: Abana b’ingagi 11 bazitwa amazina mu mpera za Kamena

Yanditswe na

Kayonga J.

Kuya 23 May 2013 saa 09:30
Yasuwe :

Nk’uko bimaze kuba umuco, ku nshuro ya cumi abana b’’ingagi 11 bazitwa amazina mu gikorwa giteganyijwe tariki 22 Kamena uyu mwaka kizabera i Kinigi mu ntara y’Amajyaruguru.
Nk’uko tubikesha itangazo ryaturutse mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), iki gikorwa cyo Kwita Izina kirareba gusa abana b’ingagi baheruka kuvuka badafite amazina kugeza ubu.
Buri mwaka, RDB itumira Abanyarwanda n’inshuti zarwo mu gikorwa cyo Kwita Izina, aho abana b’ingagi baba baheruka kuvuka bahabwa (…)

Nk’uko bimaze kuba umuco, ku nshuro ya cumi abana b’’ingagi 11 bazitwa amazina mu gikorwa giteganyijwe tariki 22 Kamena uyu mwaka kizabera i Kinigi mu ntara y’Amajyaruguru.

Nk’uko tubikesha itangazo ryaturutse mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), iki gikorwa cyo Kwita Izina kirareba gusa abana b’ingagi baheruka kuvuka badafite amazina kugeza ubu.

Buri mwaka, RDB itumira Abanyarwanda n’inshuti zarwo mu gikorwa cyo Kwita Izina, aho abana b’ingagi baba baheruka kuvuka bahabwa amazina, uyu muhango ukabera mu nkengero za Pariki y’Ibirunga ihuriweho n’ibihugu bitatu birimo u Rwanda, Uganda na Congo Kinshasa.

Mu gice cy’u Rwanda honyine habarizwa kimwe cya kabiri cy’ingagi zo mu misozi 700 zisigaye ku isi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages