00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Stromae yabaye umuhanzi w’umwaka mu marushanwa ya “Red Bull Elektropedia Awards 2013”

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 10 November 2013 saa 03:11
Yasuwe :

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Ugushyingo kuri Flanders Expo i Gand hatangajwe ko Stromae ari we watsundiye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu marushanwa ya “Red Bull Elektropedia Awards 2013”.
Stroame yagukanye iki gihembo bitewe na Album ye “Racine Carrée” yatowe nka Album y’umwaka ihiga izindi mu birori byo gufungura “I Love Techno”.
Uretse kuba yahembwe nk’umuhanzi w’umwaka, muri ibi birori hahembwe kandi ibindi byiciro nk’umu Dj uhiga abandi (Meilleur Dj) wegukanywe na Dimitri Vegas (…)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Ugushyingo kuri Flanders Expo i Gand hatangajwe ko Stromae ari we watsundiye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu marushanwa ya “Red Bull Elektropedia Awards 2013”.

Umuhanzi Stromae, ufite inkomoko mu Rwanda

Stroame yagukanye iki gihembo bitewe na Album ye “Racine Carrée” yatowe nka Album y’umwaka ihiga izindi mu birori byo gufungura “I Love Techno”.

Uretse kuba yahembwe nk’umuhanzi w’umwaka, muri ibi birori hahembwe kandi ibindi byiciro nk’umu Dj uhiga abandi (Meilleur Dj) wegukanywe na Dimitri Vegas ndetse na Like Mike, abaririmba umuziki w’umwimerere kurusha abandi cyegukanywe n’itsinda “Goose” Tomorrowland yahembwe kubera amashusho meza y’umwaka, naho indirimbo ihiga izindi ikaba yabaye “We Can Only Live Today (Puppy)” ya Drum na Bass.

Hahembwe kandi indirimbo yahize izindi mu zasubiwemo (Remix) yabaye indirimbo “Aeroplane.”

Indirimbo Papaoutai ya Stromae:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages