Mu muvugo uyu musizi yagejeje ku bitabiriye umuhango w’umunsi mukuru w’umuganura tariki ya 7 Kanama i Nyagatare mu Ntara y’Uburasirazuba.
Mu nganzo iryoheye amatwi, Habimana yagaragaje gahunda nyinshi leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda yabagejejeho.
Asobekeranya amagambo mu buryo bwa gihanga, yavuze ko n’abatemera urukwavu batajya impaka ku kwiruka kwarwo avuga ko Perezida Kagame yatanze umwitangirizwa mu miyoborere ye.
Mu muvugo we, avuga ko Perezida Kagame ari umuyobozi utagira parapara muri porogaramu apangira u Rwanda.
Umuvugo wa Habimana Justin



















TANGA IGITEKEREZO