00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umuganga yafashwe urutoki n’uruhinja rwo mu nda

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 4 January 2013 saa 09:44
Yasuwe :

Mu gihe abaganga bari mu gikorwa cyo kubaga umugore ngo abyare, bageze imbere mu nda, umwana yahise afata urutoki rw’umuganga ararukomeza, ntiyarurekura.
Amakuru atangazwa n’urubuga rwa huffingtonpost aravuga ko ubwo Umugore witwa Alicia Atkins, wo mu Gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yajyaga kubyara umwana w’umukobwa, ngo byabaye ngombwa ko bafata icyemezo cyo kumubaga.
Mu gihe bari bageze imbere mu nda, umwana yahise asingira urutoki rw’umuganga witwa M. Sawyer yanga kururekura. (…)

Mu gihe abaganga bari mu gikorwa cyo kubaga umugore ngo abyare, bageze imbere mu nda, umwana yahise afata urutoki rw’umuganga ararukomeza, ntiyarurekura.

Amakuru atangazwa n’urubuga rwa huffingtonpost aravuga ko ubwo Umugore witwa Alicia Atkins, wo mu Gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yajyaga kubyara umwana w’umukobwa, ngo byabaye ngombwa ko bafata icyemezo cyo kumubaga.

Mu gihe bari bageze imbere mu nda, umwana yahise asingira urutoki rw’umuganga witwa M. Sawyer yanga kururekura.
Abaganga bakaba bavuze ko ibyo uyu mwana yakoze bitangaje cyane.
Uyu mwana w’umukobwa amaze ibyumweru 11 avutse, ababyeyi be bamwise Nevaeh.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages