00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umubyeyi w’abana 12 yibarutse abandi 5 icyarimwe

Yanditswe na

Teddy Kamanzi

Kuya 6 September 2012 saa 04:31
Yasuwe :

Umugore w’imyaka 48 ukomoka mu gihugu cya Australie mu mujyi wa Melbourne, yibarutse abana 5 icyarimwe kandi yari asanzwe afite 12 ariko ku bw’amahirwe make umwe yitabye Imana.
Mu makuru dukesha urubuga Dailymail, kuri uyu wa kabiri nibwo yibarutse, abakobwa batatu n’abahungu babiri mu bitaro bya Le Monash Medical Center de Melbourne.
Uyu mugore kugira ngo abyare neza byabaye ngombwa ko abagwa n’abaganga 30, none ubu abo bana bane barigukurikiranwa n’abanganga mu ndembe(Soins (…)

Umugore w’imyaka 48 ukomoka mu gihugu cya Australie mu mujyi wa Melbourne, yibarutse abana 5 icyarimwe kandi yari asanzwe afite 12 ariko ku bw’amahirwe make umwe yitabye Imana.

Mu makuru dukesha urubuga Dailymail, kuri uyu wa kabiri nibwo yibarutse, abakobwa batatu n’abahungu babiri mu bitaro bya Le Monash Medical Center de Melbourne.

Uyu mugore kugira ngo abyare neza byabaye ngombwa ko abagwa n’abaganga 30, none ubu abo bana bane barigukurikiranwa n’abanganga mu ndembe(Soins intensifs).

Abaganga b’ibyo bitaro batangaje ko ibi ari ibintu bidasanzwe kuko ari umuntu 1 kuri miliyoni 55 ibi bishobora kubaho. Kugeza ubu uyu muryango nturifuza ko wajya ku mugaragaro.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages