Iyi foto yafashwe nyuma y’igitambo cya Misa cyabaye ku wa 16 Werurwe 2025, yagaragaza Papa Francis yicaye imbere ya Altar muri Chapelle aho asanzwe asengera muri iki gihe amaze arwaye.
Kuva yajyanwa mu bitaro ntabwo Papa yongeye kugaragara mu ruhame. Ni bwo bwa mbere yamara igihe kirekire adahura n’abakirisitu mu myaka 12 ishize ari mu nshingano.
Ku wa 14 Gashyantare 2025 ni bwo yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugaragaza ibimenyetso byo guhumeka bigoranye bikaza kugaragara ko arwaye ibihaha.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!