Ibi Habibat yabikoze mu gikorwa cyiswe ‘144 Hours in the Word’ cyabereye muri hoteli ya Novotel yo mu mujyi wa Port Harcourt, muri Nigeria, kimara iminsi itandatu kuva tariki ya 22-29 Kamena 2026.
Muri iki gikorwa, Habibat yasomaga Bibiliya mu ijwi riranguruye ndetse agafata ikiruhuko kigufi cyane mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza ya ‘Guinness des Records‘. Kuri ubu ategereje kureba ko igikorwa cye kizemezwa muri iki gitabo cyandikwamo abakoze uduhigo ku Isi yose.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!