00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Uko imwe mu mijyi yo ku Isi itatse mu mpera z’umwaka (Amafoto)

Yanditswe na

Mihigo Jean Baptiste

Kuya 25 December 2015 saa 05:52
Yasuwe :

Muri iki gihe cy’impera z’umwaka hirya no hino haragaragara imitako ku mazu y’ubucuruzi ndetse n’ahandi hanyura abantu benshi nko mu mahuriro y’imihanda minini.

Imijyi myinshi itatse mu buryo butandukanye burangwa n’ibirugo bisobanura noheli, amatara n’ibindi mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunane.

Aha ni mu mujyi wa Burnham mu gihugu cy'u Bwongereza
Aha ni muri New York ahari igiti cya Noheli kizwi nka Rockfeller Center Tree
Amaguriro yo mu mujyi wa Berlin, mu Budage ni gutya atatse mu mpera z'umwaka
N'ubwo mu Buhinde abenshi ari abo mu idini y'Abahindu, mu Mujyi wa Amrtsar, Kiliziya ya Mutagatifu Mariya itatseho amatara menshi
Tbilisi mu Murwa Mukuru wa Georgia
N'ubwo mu Buhinde abenshi ari abo mu idini y'Abahindu, mu Mujyi wa Amrtsar, Kiliziya ya Mutagatifu Mariya itatseho amatara menshi
Tbilisi mu Murwa Mukuru wa Georgia
Bazilika ya Mutagatifu Stephan mu Murwa Mukuru wa Hungary, Budapest, ni gutya itatse
Brooklyn muri New York
Catederali ya St Mary mu Mujyi wa Sydney muri Australia

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages