Biragoye kubona Perezida Museveni atambaye ingofero, haba ku manywa cyangwa nijoro ndetse n’ahasakaye kenshi aba ayambaye.
Perezida Museveni yasobanuye ko yatangiye kwambara ingofero yirinda kuzarwara kanseri y’uruhu.
Ati “Ni Gen Muhoozi wambwiye ngo nambare ingofero. Ntabwo nari mbizi, ni we wambwiye ngo ubwo ufite uruhara ugomba kujya wambara ingofero kuko siyansi ivuga ko ubwo udafite umusatsi imirasire y’izuba izagutera kanseri.”
Imirasire y’izuba (Ultraviolet) itera kanseri z’uruhu zo mu bwoko butandukanye cyane cyane ku bantu bahora ku zuba ryinshi kandi igihe kirekire.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!