Uwo mugabo wishwe n’intare yitwa Bernd Kebbel, yari asanzwe ari umucuruzi ariko akunda ibijyanye n’ibidukikije.
Uwo mugabo yari aryamye mu ihema rya ba mukerarugendo ahantu hitaruye, intare iza kuhamusanga iramwivugana. Yamufashe ubwo yari asohotse mu gitondo agiye ku bwiherero.
Abandi bari bacumbitse aho babashije guhunga mu gihe uwo mugabo yari amaze gupfa.
Mu 2023, muri ako gace hari habaruwe intare nkuru zigera kuri 60.
Bernd Kebbel (ibumoso) yishwe n'intare ubwo yari abyutse agiye ku bwiherero



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!