00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

MINADEF yihanangirije MINAGRI iyitsinda itayibabariye

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 2 May 2013 saa 07:52
Yasuwe :

Mu mukino wo kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’umurimo ku isi, ntibabyari byoroshye hagati y’ikipe ya Minadef ndetse na Minagri. Umukino waje kugaragaramo ibitego bigera kuri 3-1, wari n’umukino uryoheye ijisho ku bari baje kuwureba.
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Murekezi Anastase, mu ijambo rye yagize ati: “ Nk’uko insanganyamatsiko y’uyu mwaka ibivuga, “ "Duheshe Agaciro Umurimo, Turemera Abatawufite" , ni yo mpamvu nsaba buri munyarwanda wese ko yarushaho kunoza umurimo kandi (…)

Mu mukino wo kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’umurimo ku isi, ntibabyari byoroshye hagati y’ikipe ya Minadef ndetse na Minagri. Umukino waje kugaragaramo ibitego bigera kuri 3-1, wari n’umukino uryoheye ijisho ku bari baje kuwureba.

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Murekezi Anastase, mu ijambo rye yagize ati: “ Nk’uko insanganyamatsiko y’uyu mwaka ibivuga, “ "Duheshe Agaciro Umurimo, Turemera Abatawufite" , ni yo mpamvu nsaba buri munyarwanda wese ko yarushaho kunoza umurimo kandi dukora amasaha menshi kurusha ayo kugeza ubu dukora, nibyo bituma turushaho guteza igihugu imbere”.

Hashimiwe ibigo by’abikorera muri rusange, ndetse n’ibigo bya Leta, binasabwa kurushaho kunoza imirimo yabyo bikora.

Umukino uko wagenze amwe mu mafoto yawuranze.

Ntibyari byoroshye hagati y'amakipe yombi.
Hano abakinnyi barwaniraga umpira bidasanzwe.
Umukino wari uryoheye ijisho.
Iyi n'ikipe ya MINADEF

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages