Mu masaha y’igitondo ibara ry’umutuku ni ryo ryari ryiganje mu Mujyi wa Kigali rwagati mu gace kazwimo ubucuruzi, aho imbere ya buri duka wahasangaga ameza cyangwa inyubako nto zirunzemo indabyo zitangwa nk’impano cyane cyane ku munsi wa Saint Valentin.
Abamotari bari basakiwe, buri munota wahuraga n’uhetse umuba w’indabyo yatumwe n’abakundana bashaka kuza gutungura bagenzi babo mu masaha y’umugoroba ubwo akazi kaba gasojwe.
Abanyamakuru bafata amafoto ba IGIHE, bazengurutse hirya no hino muri Kigali bareba uko abantu bari kwizihiza uyu munsi mbonekarimwe mu mwaka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!