Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 14 Nzeri 2026. Imodoka yakoze iyi mpanuka ubwo yageragezaga kunyura inyuma y’indege birangira igonze igice cyayo cy’inyuma.
Abagenzi bari bamaze kwinjira mu ndege, yari yiteguye guhaguruka yerekeza mu Kirwa cya Hokkaido. Urwo rugendo rwahise ruhagarikwa, hatangira gutegurwa uburyo abagenzi bajyanwa n’indi ndege.
Ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege bwatangaje ko nta zindi ngendo zahungabanyijwe n’iyo mpanuka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!