00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amapeti atangaje ahabwa abapilote (Video)

Yanditswe na Clairia Mutoni
Kuya 3 June 2024 saa 11:12
Yasuwe :

Ntabwo benshi babyakira iyo havuzwe ko abapilote bagira amapeti nk’amwe yo mu gisirikare! Nibyo, barayagira.

Igitangaje ku bapilote, amapeti yabo si menshi nk’ayo mu gisirikare. Abatwara indege bo baricaye basanga amapeti atatu arabahagije. Mu gutwara indege habamo ipeti rya “Second Officer”, “First officer” cyangwa “Captain”.

Mu nshingano zabo, bashinzwe gutwara indege no gupanga ingendo zazo, kugenzura imiterere y’ikirere ndetse no kumenya niba indege nta kibazo ifite mbere yo gukora urugendo.

Mu rugendo rwo kuba umupilote w’umwuga, atangira afite ipeti rya “Second Officer”. Aha aba yicarana n’abandi bapilote ariko si we wihitiramo icyo akora, ahubwo ategereza amabwiriza y’ibyo akora ahabwa n’abafite amapeti yisumbuye ku rye.

Sobanukirwa byinshi ku mapeti y’abapilote muri iki Cyegeranyo


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .