Igitangaje ku bapilote, amapeti yabo si menshi nk’ayo mu gisirikare. Abatwara indege bo baricaye basanga amapeti atatu arabahagije. Mu gutwara indege habamo ipeti rya “Second Officer”, “First officer” cyangwa “Captain”.
Mu nshingano zabo, bashinzwe gutwara indege no gupanga ingendo zazo, kugenzura imiterere y’ikirere ndetse no kumenya niba indege nta kibazo ifite mbere yo gukora urugendo.
Mu rugendo rwo kuba umupilote w’umwuga, atangira afite ipeti rya “Second Officer”. Aha aba yicarana n’abandi bapilote ariko si we wihitiramo icyo akora, ahubwo ategereza amabwiriza y’ibyo akora ahabwa n’abafite amapeti yisumbuye ku rye.
Sobanukirwa byinshi ku mapeti y’abapilote muri iki Cyegeranyo
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!