00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Uko abaturage bandikisha abavutse babe ari na ko bandikisha abapfuye-Karugarama

Yanditswe na

Ange de la Victoire Dusabemungu

Kuya 25 January 2013 saa 11:44
Yasuwe :

Minisitiri w’ubutabera Karugarama Tharcisse, ku wa 24 Mutarama 2013 mu kiganiro yahaye itangazamakuru yasabye Abanyarwanda ko bagira umuco wo kujya bandikisha abapfuye nk’uko bakunze kwandikisha abavutse; icyo kiganiro kikaba cyari kigamije kurebera hamwe akamaro ko kwandikisha umuntu wapfuye.
Minisitiri Karugarama yavuze ko kwandikisha abapfuye bifasha Leta ku ruhande rumwe n’abaturage ku rundi, ati “Bifasha Leta mu gutegura igenamigambbi no kureba uko imfu zimwe na zimwe zajya zirindwa.” (…)

Minisitiri w’ubutabera Karugarama Tharcisse, ku wa 24 Mutarama 2013 mu kiganiro yahaye itangazamakuru yasabye Abanyarwanda ko bagira umuco wo kujya bandikisha abapfuye nk’uko bakunze kwandikisha abavutse; icyo kiganiro kikaba cyari kigamije kurebera hamwe akamaro ko kwandikisha umuntu wapfuye.

Minisitiri Karugarama yavuze ko kwandikisha abapfuye bifasha Leta ku ruhande rumwe n’abaturage ku rundi, ati “Bifasha Leta mu gutegura igenamigambbi no kureba uko imfu zimwe na zimwe zajya zirindwa.”

Yongeraho ko abantu batarasobanukirwa ibyo kwandikisha abapfuye, mu gihe nyamara usanga abantu bihatira kwandikisha abavuka. Ati “Abantu batekereza ko kwandikisha uwapfuye ntacyo bimaze ariko kandi iyo witegereje usanga ari ngombwa kuko bidufasha gukora igenamigambi no kumenya imibare y’abasigaye ndetse n’impamvu zitera imfu kugira ngo rimwe na rimwe zirindwe.”


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages