Ku wa Gatanu tariki 19 Ukwakira 2012 kuri Petit Stade i Remera, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri bagera ku 2,500 bo muri za Kaminuza n’amashuri makuru 32 yo mu Rwanda aho yabibukije ko batagomba kuba amafarasi ahubwo bagomba guharanira kuyagenderaho.
Iki kiganiro cyiswe "Meet The President" gifite insanganyamatsiko igira iti "Umurage wo kwishakamo ibisubizo" (A Legacy of Self Reliance) cyatekerejweho n’abanyeshuri bo muri za Kaminuza n’amashuri makuru yose yo mu Rwanda binyuze mu mashyirahamwe yabo. Foto/Village Urugwiro


















TANGA IGITEKEREZO