00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kwibuka i Mukarange

Yanditswe na

Ruzindana RUGASA

Kuya 13 April 2012 saa 05:59
Yasuwe :

Kuri uyu wa 12 Mata 2012; mu Ntara y’Uburasirazuba mu Karere ka Kayonza ku Rwibutso rwa Mukarange hashyinguwe imibiri 86 y’Inzirakarengaze zishwe muri Jenosise yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Muri uyu muhango wari witabiriwe n’abaturage benshi, abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’iz’umutekano; Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Uwamariya Odette yihanganishije ababuze ababo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse ndetse ababwira ko jenoside itazongera ukundi.
Foto: Ruzindana RUGASA

Kuri uyu wa 12 Mata 2012; mu Ntara y’Uburasirazuba mu Karere ka Kayonza ku Rwibutso rwa Mukarange hashyinguwe imibiri 86 y’Inzirakarengaze zishwe muri Jenosise yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Muri uyu muhango wari witabiriwe n’abaturage benshi, abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’iz’umutekano; Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Uwamariya Odette yihanganishije ababuze ababo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse ndetse ababwira ko jenoside itazongera ukundi.

Foto: Ruzindana RUGASA


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages