Kuva mu mwaka wa 2010, iki gikorwa cyatangira, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiye atanga ubutumwa bw’umwihariko ku banyarwanda baba mu mahanga mu rwego rwo kurushaho kwiyubakira igihugu.
Rwanda Day y’uyu mwaka izaba kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 24 Nzeri ibere mu Mujyi wa San Francisco muri Leta ya California, imwe muri 50 zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Uyu mwaka yahawe izina ryihariye ‘Rwanda Cultural Day’ hagamijwe kurushaho kwita ku muco Nyarwanda no kuwukundisha abatawuzi. Ifite insanganyamatsiko igira iti “Agaciro: Umurage wo kwiyubaha’.
Mu mashusho: Ubutumwa Perezida Kagame yagiye atangira muri Rwanda Day



















TANGA IGITEKEREZO