Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda, kakinwe tariki ya 1 Werurwe, ubwo abasiganwa bavuye i Nyanza berekeza ku i Rebero, kegukanywe n’Umunya-Eritrea, Nahom Araya watanze abandi kugera kuri Canal Olympia.
Muri iri siganwa ry’uyu mwaka, iyi sosiyete yazanye ubukangurambaga bwa ‘BikorenaForzza’, uburyo bushya bwo kwishyiriraho amafaranga yo gukinira ndetse no kwibikuriza ayo watsindiye, byose bigakorwa utarinze kugana cyangwa guhamagara iduka rya Forzza Bet.
Ushobora kandi no gukina unyuze ku rubuga rwayo rwa http://www.forzza.rw/
Forzza kandi yashimangiye ko yinjiye mu rugamba rwo guhanga imirimo kuko imiryango ifunguye ku bifuza gutunga amaduka y’ikoranabuhanga ( Virtual shop) , aho basabwa guhamagara umurongo utishyurwa 6677 kugirango bahabwa ubusobanuro burambuye.
Umuyobozi ushinzwe Ubucuruzi muri Forzza Bet, Nshuti Thierry yatangaje ko yatunguwe n’urukumbuzi basangaye abanyarwanda.
Ati “Natunguwe cyane n’urukumbuzi twasanze abanyarwanda badufitiye. Rwatumye twiha umugambi wo gukomeza kubaha serivisi nziza uko dushoboye ndetse no kurushaho kubegera.”
Forzza Bet ni izina ry’ubucuruzi bwa Sosiyete ya Baron Sports Gaming Ltd, yanditse kandi ikorera mu Rwanda. Intego zayo ni ugutanga serivisi zinoze, kandi ikaba ishishikajwe no guteza imbere uruganda rw’imikino n’imyidagaduro mu Rwanda.
Ukeneye ibindi bisobanuro uhamagara umurongo wa telefoni utishyurwa 6677 cyangwa se ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, (X, Facebook, Instagram @Forzzagamingrwanda na WhatsApp: 0795307588).




TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!