Iterambere ry’Uyu mujyi rirenga isuku rikagera mu bikorwa remezo. Kuva ku mihanda imeze neza kugera ku miturirwa iyobowe n’umwe wikurikije izigera kuri 18, ni umurwa w’u Rwanda igihugu cy’imisozi igihugu ukura uko bwije n’uko bukeye nka kumwe umutima utera.
Ibyiza bitatse u Rwanda ni byinshi cyane wa mugani wa wa muririmbyi. Kigali yo aho bukera abatayiheruka baraza kuyiyoberwa, reka igishushanyo mbonera cyose gishyirwe mu bikorwa gusa, undi wirebe.
Mu mafoto: Bimwe mu bice by’Umujyi wa Kigali mu mafoto 30
Amafoto: Luqman Mahoro



















TANGA IGITEKEREZO