Perezida Wadagni yageze mu Rwanda ku wa 16 Nzeri 2026, agirana ibiganiro na Perezida Kagame, ndetse abakuru b’ibihugu byombi basaba amatsinda y’abayobozi bari kumwe kongerea imbaraga mu bufatanye bw’ibihugu byombi.
Wadagni kandi yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, anajyana na Perezida Kagame muri siporo mu muhanda wagenewe siporo y’abagenda n’amaguru cyangwa abiruka i Nyarutarama.
Inkuru bifitanye isano:
Perezida Kagame na Wadagni wa Benin bakoranye siporo mu mihanda y’i Kigali
Perezida Kagame na Wadagni basabye impande zombi kongera inzego ibihugu bifatanyamo
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Wadagni wa Bénin



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!