00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Perezida Romuald Wadagni yasoje uruzinduko yagiriye i Kigali

Yanditswe na IGIHE
Kuya 17 September 2026 saa 02:22
Yasuwe :

Perezida kagame yasezeye kuri mugenzi we wa Benin, Romuald Wadagni, wasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda kuri uyu wa 17 Nzeri 2026 bikaba ari ku nshuro ya mbere yari asuye u Rwanda.

Perezida Wadagni yageze mu Rwanda ku wa 16 Nzeri 2026, agirana ibiganiro na Perezida Kagame, ndetse abakuru b’ibihugu byombi basaba amatsinda y’abayobozi bari kumwe kongerea imbaraga mu bufatanye bw’ibihugu byombi.

Wadagni kandi yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, anajyana na Perezida Kagame muri siporo mu muhanda wagenewe siporo y’abagenda n’amaguru cyangwa abiruka i Nyarutarama.
Inkuru bifitanye isano:

Perezida Kagame na Wadagni wa Benin bakoranye siporo mu mihanda y’i Kigali

Perezida Kagame na Wadagni basabye impande zombi kongera inzego ibihugu bifatanyamo

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Wadagni wa Bénin

Perezida Kagame yasezeye kuri mugenzi we wa Benin Romuald Wadagni wasoje uruzinduko mu Rwanda

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages