Ni isangira ryabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu nyuma y’uko inama ya CHOGM itangirijwe ku mugaragaro.
Ni na nyuma y’uko kandi Perezida Kagame atangiye inshingano zo kuyobora Commonwealth ahererekanyije ububasha na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson.
Ku rundi ruhande, Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, Patricia Scotland, yongerewe manda ye ho igihe cy’imyaka ibiri nk’uko byari byagenze mu gihe gishize ubwo inama yasubikwaga kubera Covid-19.





















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!